Uko mbona twakumira amakimbirane mu muryango yo ntandaro ya gatanya mu bashakanye
Bivugwa ko ubundi amakimbirane atari mabi kandi ntabe na meza, muri make afashe impu zombi kuko hariho n’ay’umuntu ku giti cye yigirira bikaba byatuma yisenyera mu gihe abishinja uwo bashakanye. Aho kuvura indwara wayirinda hakiri kare! Bisaba (…)