Minisitiri w’Intebe yafunguye inama y’abayobozi ba Angilikani bo mu bihugu 53 bibumbiye muri GAFCON
Mu Rwanda hari kubera inama ya kane y’abayobozi b’Itorero Angilikani bibumbiye muri GAFCON. Ku mugoroba w’uyu wa Mbere tariki 17/04/2023 nibwo iyi nama yafunguwe ku mugaragaro na Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente. Insanganyamatsiko (…)