Bishop Karagire Canisio akomeje kwagura ivugabutumwa ku bakozi bagiye mu kiruhuko cya saa Sita
Bishop Karagire Canisio, Umuyobozi w’itorero Living Word Temple rikorera i Gasogi, ni umwe mu bakozi b’Imana bazwi mu mujyi wa Kigali batangije amateraniro ya ku manywa yaberaga ku Nkuru Nziza. Ubu ikigikorwa cyatangiye kubera ku Kicukiro ku (…)