Umuhanzi ufatwa nka nimero ya mbere muri Afrika y’Iburasirazuba, Theo Bosebabireba, yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise "Umuriro Urotsa". Aya mashusho yageze kuri Youtube channel ye mu masaha 12 ashize. Turayagukundishije cyane kuko ni (…)
Mu masaha macye ashize ni bwo umwana wa Robert Kayanja na Jessica Kayanja, yambitse impeta y’urukundo umukobwa yihebeye bamaze igihe kinini bari mu buryohe bw’urukundo. Robert Kayanja Jr., umuhungu wa Pastor Robert Kayanja, yasangije (…)
Aramusubiza ati: Witinya kuko abo turi kumwe ari benshi kuruta abari kumwe nabo. Nuko Elisa arasenga ati: Uwiteka ndakwinginze, muhumure amaso arebe. Nuko Uwiteka ahumura amaso y’uwo musore, abona umusozi wuzuye amafarashi n’amagare by’umuriro (…)
Guverinoma y’u Rwanda irashima Kaminuza y’u Rwanda ikomeje kunoza ireme ry’uburezi rikaba ryaratangiye gukurura n’abanyamahanga bahitamo kuza kongerera ubumenyi bwabo mu Rwanda, ari na ko ubufatanye bw’iyi Kaminuza n’izindi kaminuza zikomeye ku (…)
Abanyeshuri ba Kigali New Life Christian Academy bagiriye urugendo shuri ku cyicaro cya Polisi y’u Rwanda, bahabwa ubumenyi butandukanye burimo ubujyanye no kwirinda inkongi, umutekano wo mu muhanda no kurwanya ibyaha. Abanyeshuri 108 biga mu (…)
Ku mugoroba w’ejo kuwa Kabiri ni bwo hatangajwe urutonde rw’abahanzi bahataniye ibihembo biruta ibindi mu Isi y’umuziki, Grammy Awards 2023, bigiye kuba ku nshuro ya 65. Abahanzi 6 nibo bahataniye igihembo mu cyiciro cy Best Gospel Album (…)
Umunyamuziki w’umuhanga, akaba n’umwe mu bagize Akanama Nkemurampaka mu Irushanwa RSW Talent Hunt 2023 ritegurwa na Rise and Shine World Ministry, yagaragaye yambaye bitangaje, bihamya ko ari umwe mu Bamikazi bo kwambara neza mu muziki wa Gospel. (…)
Dr Mbonimana Gamariel, wari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, akaza kwegura ku mpamvu yise ize bwite, kuri ubu yatangaje ko atazongera kunywa inzoga ukundi. Dr Mbonimana yahoze ari Umwalimu muri Kaminuza mbere y’uko yinjira mu (…)
Ndayirukiye Fleury [Fleury Legend] ufatwa nka nimero ya mbere mu Rwanda mu gutunganya amashusho y’indirimbo za Gospel, hamwe n’umugore we Bahavu Usanase Jannet uzwi muri Sinema nyarwanda, batangije umuryango ufasha abatishoboye bise “F&J (…)