Umuryango wa Paul Kagame watoye Perezida n’Abadepite
Kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024, umuryango wa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, abawugize bagaragaye mu mashusho batora Perezida wa Repubulika n’Abadepite. Kuri Site ya SOS Kagugu, ni ho Paul Kagame umaze igihe ayoboye u Rwanda (…)