Ifungurwa rya Bishop Gafaranga wari umaze iminsi 156 afunzwe risobanuye iki?
Ifungurwa rya Bishop Gafaranga nyuma y’amezi atanu yari amaze muri gereza ni inkuru ishimishije ariko inafite amasomo akomeye ku muryango nyarwanda, ku bafite aho bahuriye n’ivugabutumwa binyuze mu buhanzi n’imyidagaduro. Nyuma y’iminsi 156 (…)