Ifungwa rya Musenyeri Mugisha Samuel ryateje umutima mubi muri Angilikani hiyambazwa Bibiliya mu kwerekana umuti
Abakristo b’Itorero rya Angilikani mu Rwanda, bababajwe no kuba ibibazo bibera mu itorero bikemurwa na Leta kandi ubwaryo ryifitiye inzego zibishinzwe. Ni nyuma y’aho Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, kuri uyu wa Kabiri tariki 21 (…)