Umuryango wa Kwizera urakwifuriza kuzagira umwaka mushya w’ibyishimo.
Ev. Kwizera Emmanuel uri mu bakozi b’Imana bakunzwe cyane mu Rwanda, yasangije abamukurikira kuri Facebook ifoto imugaragaza ari kumwe n’umuryango we. Ni mu rwego rwo kwifuriza abantu bose Umwaka Mushya wa 2023 nk’uko bigaragara ku butumwa buri kuri ’Flyer’.
Bakwifurije iminsi mikuru myiza