
Ishyari n’Ubumenyi bucye: Impamvu abantu baharabika abakozi b’Imana bakabita abakozi ba Satani
Mu gihe isi yugarijwe n’itandukaniro ry’imyizerere, abakozi b’Imana batandukanye bakomeje kugenda bahura n’akarengane, guharabikwa no kwitwa amazina atesha agaciro uwo murimo wera. Ariko se ni iki kibitera? Si ubwa mbere umukozi w’Imana yitwa “intumwa ya Satani” – ni ibintu bimaze imyaka (…)