Abazunguzayi basabwe n’Umujyi wa Kigali kwibumbira mu masoko yabagenewe
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda ku bufatanye n’Umujyi wa Kigali basabye abakora ubucuruzi mu buryo butemewe n’amategeko buzwi nk’ubuzunguzayi, kwibumbira mu masoko yabagenewe mu rwego rwo kwicungira umutekano no kurinda ibicuruzwa byabo. (…)