
U Rwanda rukoresha Miliyari 1 Frw ku kwezi mu gukodesha ibiro, hari gukorwa iki mu kugabanya icyo kiguzi?
Mu myaka itanu ishize, Leta y’u Rwanda yakoreshaga amafaranga arenga gato miliyari 3 Frw ku mwaka ku bukode bw’inyubako zikorerwamo n’inzego zitandukanye, gusa mu gihe gito ayo mafaranga yarazamutse, agera kuri miliyari 12 Frw ni ukuvuga hafi (…)