Abadepite bo muri Texas batoye umushinga w’itegeko riramutse rishyizweho, ryemerera amashuri ya Leta kugira abapadiri. Ni icyifuzo cyatanzwe cyoherezwa ku meza ya guverineri Greg Abbott.
Inteko ishinga amategeko umutwe wa Repubulika uyobowe n’abalepublican, yemeje umushinga w’itegeko rya Sena 763 mu cyumweru gishize, mu majwi yego 89 kuri 58 nay 58 yaguye ahanini ku murongo w’amashyaka, Sena ikaba yarabyemeje.
Isoma igira iti: “Akarere k’ishuri cyangwa ishuri ryigenga riherereyemo, rishobora gukoresha cyangwa kwemera umukorerabushake w’umupadiri kugira ngo itange inkunga, serivisi, na gahunda ku banyeshuri zuburezi nk’uko byagenwe n’inama y’abashinzwe akarere cyangwa ubuyobozi nyobozi bw’amashuri.”
“Umupadiri ukoreshwa cyangwa witanze muri iki gice ntabwo asabwa kwemezwa n’Inama ya Leta ishinzwe impamyabumenyi.”
Nibishyirwaho umukono mu mategeko, iki gikorwa kizakoreshwa mu mwaka w’amashuri utaha wa 2023-2024, biteganijwe ko uturere tw’ishuri ku giti cyabo tuzatora niba twakwemerera abapadiri gukora ubukoranabushake mu mashuri yabwo.
“Buri Nama Nyobozi y’akarere shuri riherereyemo na buri nama nyobozi y’ishuri ryigenga ririyandikisha niba rishaka kwinjira muruyumurongo bitarenze amezi atandatu nyuma y’iri tegeko hazatangira kurebera hamwe niba hashyirwaho politiki yemerera ishuru ryo mu karere runaka cyangwa kwemera nk’umukorerabushake w’umupadiri, ”
Ishyirahamwe rya aamashuri mugihugu, ryari ryatanze ibitekerezo mu gushyigikira ayo mategeko, ryishimiye itangwa rya SB 763, ryita “intsinzi ikomeye kuri Texas” ku rubuga rwa Facebook.
Umuyoboro wa Texas Freedom Network uri mu banenga aya mategeko, hamwe n’umushinga wacyo wa Just Texas Shan Schaffer yashyize ahagaragara itangazo mu kwezi gushize arwanya uyu mushinga.
Schaffer yagize ati: "Abanyeshuri ba Texas, umuryango utandukanye ufite ibitekerezo bitandukanye n’amadini n’imigenzo gakondo, bakwiriye kubona ubwisanzure bw’amadini mu mashuri ya Leta batiriwe bahatirwa kwiga bakurikije imyizerere y’idini runaka."
Ati: "Kwishakira urugendo rwawe rwo mu mwuka ni urugendo rwawe rukomeye rugomba kuyoborwa n’umubano bwite w’umntu n’ imana, ntuhatirwe gukurira imyizerere y’abantu utazi, utazi n’uko barezwe".