Mu Rwanda bazi Chimie aho umuntu akugaburira ibirayi, ipusi zikavugira mu nda kandi ntazo wariye - Pastor Desiré
Past Désiré Habyarimana ni umwe mu bakozi b’Imana bafite igikundiro muri Gospel Nyarwanda akaba n’umuyobozi w’umuyoboro w’ijambo ry’Imana witwa Agakiza.org. Mu gitaramo cyateguwe n’umuramyi Dominic Ashimwe cyiswe "Taste of The Heaven" cyabaye (…)