Israel irabikesha Imana kuba Benjamin Netanyahu aje ku rutonde rw’abantu 100 bakomeye ku isi muri 2026
Ikinyamakuru Time cyongeye gushyira Benjamin Netanyahu, Minisitiri w’Intebe wa Israel, ku rutonde rw’abantu 100 bakomeye cyane ku isi mu mwaka wa 2026. Ni ku nshuro ya gatanu ashyizwe kuri uru rutonde, rugaragaza abantu bagize uruhare rukomeye mu bibera ku isi mu bya politiki, ubukungu, (…)