Ukuri utari uzi ku bijyanye no gutera ivi
Gusaba umuntu ko yakubera umukunzi w’ubuziraherezo byahozeho, ntabwo ari iby’ubu, gusa cyera ntabwo byabaga ari ibirori nk’uko ab’iki gihe babikora. Kera byasabaga umuhungu n’umukobwa gusa, umuhungu agasaba umukobwa ko yamubera umufasha, (…)