Israel Mbonyi ku gukunda umupira w’amaguru akanerura ikipe afana: Ese Bibiliya ibivugaho iki?
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana yo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, aherutse gutangaza ko akunda gukurikira umupira w’amaguru, aho yavuze ko afana FC Barcelona. Uyu muramyi, ngo akunda bidasanzwe iyi kipe ya Barcelona Football Club (…)