Imana ihe umugisha Israel Mbonyi kuko ibyo ari gukora ari isomo rikomeye ku bandi
Mu minsi mike ishize, umuhanzi w’icyitegererezo mu muziki wa Gospel mu Rwanda, Israel Mbonyi, yongeye kugaragaza urugero rwo hejuru rwo gushyigikira bagenzi be mu murimo w’ivugabutumwa. Nyuma yo kwitabira igitaramo cya Richard Nick Ngendahayo (…)