× Home Ministries Choirs Pastors Bible Entertainment Development Health Love Fashion Music

Jean D’Amour Habiyakare (Amourkare)

Irinde ko uko wabayeho mu bwana bigusenyera umuryango

Irinde ko uko wabayeho mu bwana bigusenyera umuryango

Ubu ni ubuhamya bw’umukristo umwe w’umudamu utarifuje ko izina rye rimenyekana. Paradise yasanze hari benshi bwafasha ibikoramo inkuru. Amagambo yose yavuzwe n’utanga ubuhamya ahereye kuri uyu murongo wo muri Bibiliya: ‘“Nabambanywe na Kristo (…)

Hagati y'ikinyampeke n'umurama uri iki? - Zaburi 1:4

Hagati y’ikinyampeke n’umurama uri iki? - Zaburi 1:4

Uyu murongo wa kane wo muri Zaburi ya mbere abantu benshi ntibawusobanukirwa. Gusa kuwusobanukirwa biragufasha kumenya amateka yo mu bihe bya kera, muri Isirayeli, umenye n’aho uhagaze. Ugira uti: “Ababi ntibamera batyo, bamera nk’umurama (…)

Urugo rwiza na we warugira ushyize mu bikorwa ibi bintu

Urugo rwiza na we warugira ushyize mu bikorwa ibi bintu

Birashoboka ko uri umwe mu bagabo cyangwa abagore bahiriwe n’urushako ku buryo n’abandi bakwigiraho bakagira umuryango mwiza. Hari nubwo wenda waba ubona byarakuyobeye, utazi niba aho uri ari mu muryango cyangwa mu ndiri y’ibibazo. Icyo urugo (…)

Inkuru Ikunzwe