Inama ku bagore bifuza kubana neza n’abagabo babo bakagira umuryango mwiza
Umuryango mwiza wa Gikristo cyangwa se usenga Imana, ikiwugaragaza ni umubano mwiza hagati y’abashakanye. Nk’uko mu Rwanda bizwi, umugore ni umutima w’urugo. Muri iyi nkuru wateguriwe na Paradise.rw, uraza kubona ibyagufasha kugira umuryango (…)