Injira mu bukwe bw’umuhungu wa Dr. Rev. Rwibasira Vincent bwaranzwe n’udushya tw’akataraboneka
Ubukwe busanzwe burangwa n’umuhango wihariye, naho ibirori bikaba bigaragaza ibyishimo n’imyidagaduro. Guhuza ibi byombi rimwe na rimwe biragora, nyamara Bibiliya igaragaza ko umwami yateguye ibirori bikomeye, ahandi hakavugwa ubukwe bw’umwana (…)