Bifuzaga kudapfa barabiharanira ariko ntibabigeraho
Kuva kera, abantu bagerageje gukora ibintu byatuma badasaza. Abenshi bo bagerageje gushaka ibyatuma badapfa ariko ntibabigeraho. Muri iki gihe, abantu batabarika bakurikiza inama bagirwa n’abaganga ndetse n’inzobere mu by’ubuzima kugira ngo (…)