ADEPR irateganya kwagura inyigisho z’isanamitima zihabwa abakoze Jenoside n’abahemukiwe
Kuri uyu wa Gatatu ku itariki 20 Ukuboza 2023, mu Murenge wa Nduba, mu Karere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali, habereye igikorwa cyo“ kwizihiza imbabazi”, cyahuriwemo n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, ndetse n’abo (…)