End Times: Abapasiteri, abapadiri, abasenyeri n’abashehe ni bo batanga menshi mu kugura indaya
Esther uvuka mu gihugu cya Kenya, yatanze ubuhamya bw’ukuntu abakiriya be hafi ya bose ari abapasiteri bakomeye mu nsengero. Yavutse mu mwaka wa 1973, avukira mu muryango usenga cyane, ubu akaba afite imyaka 50. Esther yashakanye n’umugabo (…)