Inkuru ibabaje! Itotezwa ry’Abakristo riri kwiyongera ku Isi cyane cyane muri Afrika
Umuryango mpuzamahanga ukurikirana itotezwa ry’Abakristo, Open Doors US, wasohoye raporo yayo ngarukamwaka ya World Watch List 2026, igaragaza ibihugu 50 by’isi aho Abakristo batotezwa kandi bagahura n’ivangura rikabije kurusha ahandi hose. (…)