Hahishuwe ko abahakana Imana bitwikira umutaka w’uko bagamije kugira isi nziza kurushaho
Nk’uko bigaragazwa n’impuguke mu bya politike na science, Ryan Burge, avuga ko itsinda rizwi nk’abahakanyi bakunze kwitwara mu buryo bugaragaza nk’aho bashakira icyiza isi, ariko ubutumwa buba bwihishe inyuma yabo ni uguhakana Imana no kugaragaza (…)