Ari muri mbarwa bafite indirimbo zarebwe na Miliyoni: Mabosi yageneye ubutumwa abanyamakuru ba Gospel
Mabosi ukunzwe mu ndirimbo "Dufite Imana" imaze kurebwa n’abarenga Miliyoni 1 n’ibihumbi 300 mu mwaka umwe gusa kandi hatarimo imbaraga z’itangazamakuru, yasabye abanyamakuru ba Gospel ikintu gikomeye mu rwego rwo guteza imbere uyu muziki. (…)