Uko Richard Nick Ngendahayo asubiza ku butumwa bwa Perezida Kagame bwo gufunga insengero
Nyuma yo gukora igitaramo gikomeye cya “Ni We Healing Concert” muri BK Arena ku mugoroba wo ku wa 29 Ugushyingo 2025, Richard Nick Ngendahayo yasubije ku butumwa bwa Perezida Kagame bwo gufunga insengero. Ubwo umuhanzi Richard Nick Ngendahayo (…)